Kuva 20:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 “Ntukice.+ Kubara 35:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Iyo migi ni yo muzajya muhungiramo umuntu uhorera amaraso y’uwishwe,+ kugira ngo uwishe umuntu aticwa iteraniro ritaramucira urubanza.+ Kubara 35:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 “‘Umuntu uzakubita undi akamwica, ajye ashinjwa n’abagabo+ bamubonye, maze yicwe nk’umwicanyi.+ Umugabo umwe ntashobora gushinja umuntu ngo yicwe. Gutegeka kwa Kabiri 19:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Naho ubundi, uhorera amaraso y’uwishwe+ yakurikira uwamwishe, kuko aba akirakaye, maze kubera ko urugendo ari rurerure akaba yafatira uwo muntu mu nzira akamwica, kandi atagombaga guhanishwa igihano cyo gupfa+ kuko atari asanzwe amwanga. 2 Samweli 4:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 None se abagizi ba nabi+ biciye umukiranutsi ku buriri mu nzu ye, nabura nte kubica? Ese singomba kubaryoza amaraso ye,+ nkabakura ku isi?”+ Matayo 24:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 Ubwo ni bwo ikimenyetso cy’Umwana w’umuntu+ kizaboneka mu ijuru, hanyuma amoko yose yo mu isi yikubite mu gituza aboroga;+ bazabona Umwana w’umuntu aje ku bicu byo mu ijuru afite ububasha n’icyubahiro cyinshi.+ Ibyahishuwe 21:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Ariko ibigwari n’abatagira ukwizera+ na ba ruharwa mu bikorwa byabo by’umwanda,+ n’abicanyi+ n’abasambanyi+ n’abakora ibikorwa by’ubupfumu, n’abasenga ibigirwamana+ n’abanyabinyoma+ bose, umugabane wabo uzaba mu nyanja igurumanamo umuriro+ n’amazuku.+ Ibyo bigereranya urupfu rwa kabiri.”+
12 Iyo migi ni yo muzajya muhungiramo umuntu uhorera amaraso y’uwishwe,+ kugira ngo uwishe umuntu aticwa iteraniro ritaramucira urubanza.+
30 “‘Umuntu uzakubita undi akamwica, ajye ashinjwa n’abagabo+ bamubonye, maze yicwe nk’umwicanyi.+ Umugabo umwe ntashobora gushinja umuntu ngo yicwe.
6 Naho ubundi, uhorera amaraso y’uwishwe+ yakurikira uwamwishe, kuko aba akirakaye, maze kubera ko urugendo ari rurerure akaba yafatira uwo muntu mu nzira akamwica, kandi atagombaga guhanishwa igihano cyo gupfa+ kuko atari asanzwe amwanga.
11 None se abagizi ba nabi+ biciye umukiranutsi ku buriri mu nzu ye, nabura nte kubica? Ese singomba kubaryoza amaraso ye,+ nkabakura ku isi?”+
30 Ubwo ni bwo ikimenyetso cy’Umwana w’umuntu+ kizaboneka mu ijuru, hanyuma amoko yose yo mu isi yikubite mu gituza aboroga;+ bazabona Umwana w’umuntu aje ku bicu byo mu ijuru afite ububasha n’icyubahiro cyinshi.+
8 Ariko ibigwari n’abatagira ukwizera+ na ba ruharwa mu bikorwa byabo by’umwanda,+ n’abicanyi+ n’abasambanyi+ n’abakora ibikorwa by’ubupfumu, n’abasenga ibigirwamana+ n’abanyabinyoma+ bose, umugabane wabo uzaba mu nyanja igurumanamo umuriro+ n’amazuku.+ Ibyo bigereranya urupfu rwa kabiri.”+