22 Aho ni ho nzajya nkwiyerekera kandi mvugane nawe ndi hejuru y’umupfundikizo,+ hagati y’abakerubi babiri bari hejuru y’isanduku y’igihamya, kandi ni ho nzajya nkubwirira ibyo nzagutegeka byose ngo ubibwire Abisirayeli.+
30 Nta kintu na kimwe nshobora gukora nibwirije. Uko numvise ni ko nca urubanza, kandi urubanza nca ni urw’ukuri+ kuko ntaharanira ibyo nshaka, ahubwo mparanira ibyo uwantumye ashaka.+