Gutegeka kwa Kabiri 32:35 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 35 Guhora no kwitura ni ibyanjye.+Mu gihe cyagenwe, ikirenge cyabo kizanyerera,+Kuko umunsi wabo w’amakuba wegereje,+Kandi ibizababaho biraza byihuta cyane.’+ Yesaya 35:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Mubwire abahangayitse mu mitima+ muti “nimukomere+ mwe gutinya.+ Dore Imana yanyu izaza ije guhora,+ Imana izaza izanye inyiturano.+ Yo ubwayo izaza ibakize.”+ Yeremiya 50:28 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 28 “Nimwumve urusaku rw’abahunga n’abacitse bava mu gihugu cya Babuloni,+ bajya kubwira Siyoni ibyo guhora kwa Yehova Imana yacu,+ ahorera urusengero rwe.+ Nahumu 1:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Yehova ni Imana ishaka ko umuntu ayiyegurira nta kindi ayibangikanyije na cyo,+ kandi ahora inzigo; Yehova ahora inzigo+ kandi ararakara cyane.+ Yehova ahora inzigo abanzi be+ kandi ababikira inzika.+ Abaroma 12:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Bakundwa, ntimukihorere,+ ahubwo muhe umwanya umujinya w’Imana,+ kuko handitswe ngo “guhora ni ukwanjye, ni jye uzitura, ni ko Yehova avuga.”+ 1 Abatesalonike 4:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 kugira ngo hatagira uwangiza cyangwa akarengera uburenganzira bw’umuvandimwe we mu birebana n’ibyo,+ kuko Yehova ari we uciraho iteka ibyo byose,+ nk’uko twabibabwiye mbere y’igihe kandi tukabibasobanurira neza.+ 2 Abatesalonike 1:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Ku bw’ibyo, Imana ibona ko ari ibyo gukiranuka kwitura imibabaro ababateza imibabaro,+ Abaheburayo 10:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 Tuzi uwavuze ati “guhora ni ukwanjye, ni jye uzitura,”+ akongera ati “Yehova azacira ubwoko bwe urubanza.”+
35 Guhora no kwitura ni ibyanjye.+Mu gihe cyagenwe, ikirenge cyabo kizanyerera,+Kuko umunsi wabo w’amakuba wegereje,+Kandi ibizababaho biraza byihuta cyane.’+
4 Mubwire abahangayitse mu mitima+ muti “nimukomere+ mwe gutinya.+ Dore Imana yanyu izaza ije guhora,+ Imana izaza izanye inyiturano.+ Yo ubwayo izaza ibakize.”+
28 “Nimwumve urusaku rw’abahunga n’abacitse bava mu gihugu cya Babuloni,+ bajya kubwira Siyoni ibyo guhora kwa Yehova Imana yacu,+ ahorera urusengero rwe.+
2 Yehova ni Imana ishaka ko umuntu ayiyegurira nta kindi ayibangikanyije na cyo,+ kandi ahora inzigo; Yehova ahora inzigo+ kandi ararakara cyane.+ Yehova ahora inzigo abanzi be+ kandi ababikira inzika.+
19 Bakundwa, ntimukihorere,+ ahubwo muhe umwanya umujinya w’Imana,+ kuko handitswe ngo “guhora ni ukwanjye, ni jye uzitura, ni ko Yehova avuga.”+
6 kugira ngo hatagira uwangiza cyangwa akarengera uburenganzira bw’umuvandimwe we mu birebana n’ibyo,+ kuko Yehova ari we uciraho iteka ibyo byose,+ nk’uko twabibabwiye mbere y’igihe kandi tukabibasobanurira neza.+
30 Tuzi uwavuze ati “guhora ni ukwanjye, ni jye uzitura,”+ akongera ati “Yehova azacira ubwoko bwe urubanza.”+