Yesaya 9:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Dore umwana yatuvukiye,+ twahawe umwana w’umuhungu,+ kandi ubutware buzaba ku bitugu bye.+ Azitwa Umujyanama uhebuje,+ Imana ikomeye,+ Data uhoraho,+ Umwami w’amahoro.+ Yeremiya 23:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 “Dore iminsi igiye kuza,” ni ko Yehova avuga, “ubwo nzumburira Dawidi umushibu ukiranuka.+ Azaba umwami+ utegekesha ubwenge kandi azasohoza ubutabera no gukiranuka mu gihugu.+ Yeremiya 33:15 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 15 Muri iyo minsi no muri icyo gihe nzumburira Dawidi umushibu ukiranuka,+ kandi azasohoza ubutabera no gukiranuka mu gihugu.+ Ezekiyeli 34:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Nzaziha umwungeri umwe,+ nzihe umugaragu wanjye Dawidi+ aziragire. Azaziragira abe umwungeri wazo.+ Mika 5:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 “Nawe Betelehemu Efurata,+ nubwo uri muto cyane ku buryo utabarwa mu bihumbi by’u Buyuda,+ muri wowe+ hazava umutware uzakora ibyo nshaka muri Isirayeli,+ wabayeho kuva kera cyane, uhereye mu bihe bitarondoreka.+ Malaki 3:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 “Dore ngiye kohereza intumwa+ yanjye izatunganya inzira imbere yanjye.+ Umwami w’ukuri,+ uwo mushaka, azaza mu rusengero rwe+ mu buryo butunguranye, hamwe n’intumwa+ y’isezerano+ mwishimira.+ Dore azaza nta kabuza,” ni ko Yehova nyir’ingabo avuga.+ Luka 24:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Nuko atangirira kuri Mose+ n’abandi bahanuzi+ bose abasobanurira ibintu byamuvuzweho mu Byanditswe byose. Luka 24:44 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 44 Noneho arababwira ati “aya ni yo magambo nababwiraga nkiri kumwe namwe,+ ko ibintu byose byanditswe kuri jye mu mategeko ya Mose n’abahanuzi+ no muri za Zaburi+ bigomba gusohora.” Abaroma 3:21 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 21 Ariko noneho gukiranuka kw’Imana+ kwagaragaye bitanyuze ku mategeko, kuko kwahamijwe+ n’Amategeko+ n’Abahanuzi.+
6 Dore umwana yatuvukiye,+ twahawe umwana w’umuhungu,+ kandi ubutware buzaba ku bitugu bye.+ Azitwa Umujyanama uhebuje,+ Imana ikomeye,+ Data uhoraho,+ Umwami w’amahoro.+
5 “Dore iminsi igiye kuza,” ni ko Yehova avuga, “ubwo nzumburira Dawidi umushibu ukiranuka.+ Azaba umwami+ utegekesha ubwenge kandi azasohoza ubutabera no gukiranuka mu gihugu.+
15 Muri iyo minsi no muri icyo gihe nzumburira Dawidi umushibu ukiranuka,+ kandi azasohoza ubutabera no gukiranuka mu gihugu.+
23 Nzaziha umwungeri umwe,+ nzihe umugaragu wanjye Dawidi+ aziragire. Azaziragira abe umwungeri wazo.+
2 “Nawe Betelehemu Efurata,+ nubwo uri muto cyane ku buryo utabarwa mu bihumbi by’u Buyuda,+ muri wowe+ hazava umutware uzakora ibyo nshaka muri Isirayeli,+ wabayeho kuva kera cyane, uhereye mu bihe bitarondoreka.+
3 “Dore ngiye kohereza intumwa+ yanjye izatunganya inzira imbere yanjye.+ Umwami w’ukuri,+ uwo mushaka, azaza mu rusengero rwe+ mu buryo butunguranye, hamwe n’intumwa+ y’isezerano+ mwishimira.+ Dore azaza nta kabuza,” ni ko Yehova nyir’ingabo avuga.+
27 Nuko atangirira kuri Mose+ n’abandi bahanuzi+ bose abasobanurira ibintu byamuvuzweho mu Byanditswe byose.
44 Noneho arababwira ati “aya ni yo magambo nababwiraga nkiri kumwe namwe,+ ko ibintu byose byanditswe kuri jye mu mategeko ya Mose n’abahanuzi+ no muri za Zaburi+ bigomba gusohora.”
21 Ariko noneho gukiranuka kw’Imana+ kwagaragaye bitanyuze ku mategeko, kuko kwahamijwe+ n’Amategeko+ n’Abahanuzi.+