14-20 Kamena
GUTEGEKA KWA KABIRI 5-6
Indirimbo ya 134 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Toza abana bawe gukunda Yehova”: (Imin. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
Gut 5:21—Itegeko ryabuzanyaga kurarikira ritwigisha iki? (w19.02 22 par. 11)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4) Gut 5:1-21 (th ingingo ya 5)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. Saba nyiri inzu kumwigisha Bibiliya, hanyuma muganire kuri videwo ivuga ngo: “Kwiga Bibiliya bikorwa bite?” nk’aho mumaze kuyireba, ariko ntuyimwereke. (th ingingo ya 9)
Gusubira gusura: (Imin. 4) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. Huza n’ikibazo nyiri inzu afite maze umusomere umurongo wo muri Bibiliya usubiza icyo kibazo. (th ingingo ya 12)
Ikigisho cya Bibiliya: (Imin. 5) fg isomo rya 9 par. 6-7 (th ingingo ya 8)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Jya ugaragaza urukundo mu muryango”: (Imin. 15) Ikiganiro. Erekana videwo ivuga ngo: “Garagaza urukundo rudashira mu muryango”
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) lvs, igice cya 12 par. 11-17, ibisobanuro bya 27
Amagambo yo gusoza (Imin. 3)
Indirimbo ya 125 n’isengesho