Intangiriro 15:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Nuko Imana itangira kubwira Aburamu iti “umenye udashidikanya ko urubyaro rwawe ruzaba abimukira mu gihugu kitari icyabo,+ kandi abo muri icyo gihugu bazabagira abacakara, kandi bazabababaza mu gihe cy’imyaka magana ane.+ Ibyakozwe 7:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Byongeye kandi, Imana yavuze ko urubyaro rwe rwari kuzaba abimukira+ mu gihugu cy’amahanga,+ kandi ko abo muri icyo gihugu bari kuzabagira abacakara, bakabababaza mu gihe cy’imyaka magana ane.+ Abagalatiya 4:29 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 29 Ariko kimwe n’uko icyo gihe uwavutse mu buryo bw’umubiri yatangiye gutoteza+ uwavutse mu buryo bw’umwuka, n’ubu ni ko biri.+
13 Nuko Imana itangira kubwira Aburamu iti “umenye udashidikanya ko urubyaro rwawe ruzaba abimukira mu gihugu kitari icyabo,+ kandi abo muri icyo gihugu bazabagira abacakara, kandi bazabababaza mu gihe cy’imyaka magana ane.+
6 Byongeye kandi, Imana yavuze ko urubyaro rwe rwari kuzaba abimukira+ mu gihugu cy’amahanga,+ kandi ko abo muri icyo gihugu bari kuzabagira abacakara, bakabababaza mu gihe cy’imyaka magana ane.+
29 Ariko kimwe n’uko icyo gihe uwavutse mu buryo bw’umubiri yatangiye gutoteza+ uwavutse mu buryo bw’umwuka, n’ubu ni ko biri.+