Matayo 26:28 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 28 kuko iki kigereranya+ ‘amaraso+ yanjye y’isezerano,’+ agomba kumenwa ku bwa benshi+ kugira ngo bababarirwe ibyaha.+ Mariko 14:24 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 24 Arababwira ati “iki kigereranya ‘amaraso yanjye+ y’isezerano,’+ agomba kumenwa+ ku bwa benshi.+ Abaroma 3:25 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 25 Imana yaramutanze ngo abe ituro ry’impongano+ binyuze ku kwizera amaraso ye.+ Ibyo byabereyeho kugira ngo igaragaze gukiranuka kwayo, kuko yababariraga abantu ibyaha+ byakozwe mu gihe cya kera, ubwo Imana yagaragazaga ukwihangana,+ Abaroma 5:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Ikirenze kuri ibyo ariko, ubwo ubu twamaze kubarwaho gukiranuka binyuze ku maraso ye,+ tuzakizwa umujinya w’Imana binyuze kuri we.+ Abefeso 1:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Binyuze kuri we, twarabohowe tubikesheje incungu yatanzwe binyuze ku maraso ye.+ Ni koko, twababariwe+ ibyaha byacu, nk’uko ubutunzi bw’ubuntu butagereranywa bwayo buri.+ Abakolosayi 1:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 kandi ibintu byose,+ ari ibyo mu isi cyangwa ibyo mu ijuru, bikongera kwiyunga+ na yo binyuze kuri we, ikagarura amahoro+ binyuze ku maraso+ ya Yesu yamenewe ku giti cy’umubabaro.+
28 kuko iki kigereranya+ ‘amaraso+ yanjye y’isezerano,’+ agomba kumenwa ku bwa benshi+ kugira ngo bababarirwe ibyaha.+
25 Imana yaramutanze ngo abe ituro ry’impongano+ binyuze ku kwizera amaraso ye.+ Ibyo byabereyeho kugira ngo igaragaze gukiranuka kwayo, kuko yababariraga abantu ibyaha+ byakozwe mu gihe cya kera, ubwo Imana yagaragazaga ukwihangana,+
9 Ikirenze kuri ibyo ariko, ubwo ubu twamaze kubarwaho gukiranuka binyuze ku maraso ye,+ tuzakizwa umujinya w’Imana binyuze kuri we.+
7 Binyuze kuri we, twarabohowe tubikesheje incungu yatanzwe binyuze ku maraso ye.+ Ni koko, twababariwe+ ibyaha byacu, nk’uko ubutunzi bw’ubuntu butagereranywa bwayo buri.+
20 kandi ibintu byose,+ ari ibyo mu isi cyangwa ibyo mu ijuru, bikongera kwiyunga+ na yo binyuze kuri we, ikagarura amahoro+ binyuze ku maraso+ ya Yesu yamenewe ku giti cy’umubabaro.+