Yesaya 13:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Babuloni, umurimbo w’amahanga+ n’ubwiza n’ishema ry’Abakaludaya,+ izamera nk’igihe Imana yarimburaga Sodomu na Gomora.+ Yesaya 14:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 muzavugira ku mwami w’i Babuloni muti “Uwakoreshaga abandi uburetwa arekeye aho, gukandamiza birarangiye!+ Yesaya 45:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 45 Uku ni ko Yehova yabwiye Kuro uwo yitoranyirije,+ uwo nafashe ukuboko kw’iburyo+ kugira ngo muneshereze amahanga+ imbere ye, nkenyuruze abami, mukingurire inzugi, ndetse n’amarembo ntazigere akingwa. Yaramubwiye ati Yeremiya 50:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Kuko hari ishyanga ryayiteye riturutse mu majyaruguru.+ Ni ryo rihindura igihugu cyayo icyo gutangarirwa, ku buryo gisigara nta muntu ugituyemo.+ Abantu bahunganye n’amatungo;+ barigendeye.”+ Yeremiya 51:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Babuloni yaguye mu buryo butunguranye iramenagurika.+ Muyiborogere,+ muyishakire umuti womora wo kuvura ububabare bwayo,+ ahari wenda yakira.” Daniyeli 5:28 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 28 “PERESI bisobanurwa ngo ubwami bwawe bwaciwemo ibice buhabwa Abamedi n’Abaperesi.”+ Ibyahishuwe 14:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Nuko umumarayika wa kabiri akurikiraho, aravuga ati “yaguye! Babuloni+ Ikomeye yaguye,+ ya yindi yatumye amahanga yose asinda divayi+ y’uburakari, ni ukuvuga divayi y’ubusambanyi bwayo!”+ Ibyahishuwe 18:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Arangurura ijwi rikomeye+ aravuga ati “yaguye! Babuloni Ikomeye yaguye,+ kandi yahindutse icumbi ry’abadayimoni n’indiri y’imyuka yose ihumanya,+ n’indiri y’inyoni n’ibisiga byose bihumanye kandi byangwa!+
19 Babuloni, umurimbo w’amahanga+ n’ubwiza n’ishema ry’Abakaludaya,+ izamera nk’igihe Imana yarimburaga Sodomu na Gomora.+
4 muzavugira ku mwami w’i Babuloni muti “Uwakoreshaga abandi uburetwa arekeye aho, gukandamiza birarangiye!+
45 Uku ni ko Yehova yabwiye Kuro uwo yitoranyirije,+ uwo nafashe ukuboko kw’iburyo+ kugira ngo muneshereze amahanga+ imbere ye, nkenyuruze abami, mukingurire inzugi, ndetse n’amarembo ntazigere akingwa. Yaramubwiye ati
3 Kuko hari ishyanga ryayiteye riturutse mu majyaruguru.+ Ni ryo rihindura igihugu cyayo icyo gutangarirwa, ku buryo gisigara nta muntu ugituyemo.+ Abantu bahunganye n’amatungo;+ barigendeye.”+
8 Babuloni yaguye mu buryo butunguranye iramenagurika.+ Muyiborogere,+ muyishakire umuti womora wo kuvura ububabare bwayo,+ ahari wenda yakira.”
8 Nuko umumarayika wa kabiri akurikiraho, aravuga ati “yaguye! Babuloni+ Ikomeye yaguye,+ ya yindi yatumye amahanga yose asinda divayi+ y’uburakari, ni ukuvuga divayi y’ubusambanyi bwayo!”+
2 Arangurura ijwi rikomeye+ aravuga ati “yaguye! Babuloni Ikomeye yaguye,+ kandi yahindutse icumbi ry’abadayimoni n’indiri y’imyuka yose ihumanya,+ n’indiri y’inyoni n’ibisiga byose bihumanye kandi byangwa!+