9 Uwo mugore aramubaza ati “ko uri Umuyahudi nkaba ndi Umusamariyakazi, bishoboka bite ko wansaba amazi yo kunywa?” (Kuko nta mishyikirano Abayahudi bagiranaga n’Abasamariya.)+
28 Nuko bavana Yesu kwa Kayafa, bamujyana mu ngoro ya guverineri.+ Icyo gihe hari mu gitondo cya kare. Ariko bo ntibinjira mu ngoro ya guverineri kugira ngo badahumana,+ maze babone uko baza kurya ibya pasika.