-
Yagaragaje ubwengeUmunara w’Umurinzi—2009 | 1 Nyakanga
-
-
Twamaze kubona ko Abigayili yafashe iya mbere kugira ngo aburizemo icyo gikorwa kibi cyari hafi kuba. Aho kugira ngo amere nk’umugabo we Nabali, we yagaragaje ko yari yiteguye gutega amatwi. Wa musore yavuze ibya Nabali agira ati “umuntu w’ikigoryi nk’uwo nta wagira icyo avugana na we”c (1 Samweli 25:17). Ikibabaje ariko, ni uko kwiyemera byatumye Nabali yanga gutega amatwi. Muri iki gihe ubwibone nk’ubwo burogeye cyane. Ariko wa musore yari azi ko Abigayili atari uko yari ameze, iyo akaba ari yo mpamvu atashidikanyije kumubwira icyo kibazo.
-
-
Yagaragaje ubwengeUmunara w’Umurinzi—2009 | 1 Nyakanga
-
-
c Interuro uwo musore yakoresheje, ihinduwe uko yakabaye isobanura ngo “umwana w’imburamumaro (umuntu udafite icyo amaze).” Ubundi buhinduzi bwa Bibiliya buhindura iyo nteruro ku buryo bwumvikanisha ko Nabali yari “intumva,” ku buryo nta wari ‘kugira icyo avugana na we.’
-