Kuva 20:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Ntukabyikubite imbere, ntukabikorere,+ kuko jyewe Yehova Imana yawe ndi Imana ishaka ko umuntu ayiyegurira nta kindi ayibangikanyije na cyo.+ Mpanira abana icyaha cya ba se, kugeza ku buzukuru n’abuzukuruza b’abanyanga.+ Kubara 25:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 “Finehasi+ mwene Eleyazari umuhungu wa Aroni umutambyi yatumye ntakomeza kurakarira+ Abisirayeli, kuko atihanganiye ko hagira ikintu cyose Abisirayeli bambangikanya na cyo.+ Byatumye ntatsemba Abisirayeli, kuko nshaka ko banyiyegurira nta kindi bambangikanyije na cyo.+ 2 Abami 10:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Aramubwira ati “ngwino tujyane urebe ukuntu ntihanganira abarwanya+ Yehova.” Bakomeza kujyana na we mu igare ry’intambara rya Yehu. Zab. 69:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Ishyaka ndwanira inzu yawe rirandya,+Kandi ibitutsi by’abagutuka byanguyeho.+ Zab. 119:139 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 139 Ishyaka nkurwanira ryaramaze,+ Kuko abanzi banjye bibagiwe amagambo yawe.+ 2 Abakorinto 11:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Mbafitiye ifuhe, ariko ni ifuhe rituruka ku Mana,+ kuko jyewe ubwanjye nasezeranyije kuzabashyingira+ umugabo umwe,+ ari we Kristo,+ kugira ngo nzashobore kumubashyingira mumeze nk’isugi iboneye.+
5 Ntukabyikubite imbere, ntukabikorere,+ kuko jyewe Yehova Imana yawe ndi Imana ishaka ko umuntu ayiyegurira nta kindi ayibangikanyije na cyo.+ Mpanira abana icyaha cya ba se, kugeza ku buzukuru n’abuzukuruza b’abanyanga.+
11 “Finehasi+ mwene Eleyazari umuhungu wa Aroni umutambyi yatumye ntakomeza kurakarira+ Abisirayeli, kuko atihanganiye ko hagira ikintu cyose Abisirayeli bambangikanya na cyo.+ Byatumye ntatsemba Abisirayeli, kuko nshaka ko banyiyegurira nta kindi bambangikanyije na cyo.+
16 Aramubwira ati “ngwino tujyane urebe ukuntu ntihanganira abarwanya+ Yehova.” Bakomeza kujyana na we mu igare ry’intambara rya Yehu.
2 Mbafitiye ifuhe, ariko ni ifuhe rituruka ku Mana,+ kuko jyewe ubwanjye nasezeranyije kuzabashyingira+ umugabo umwe,+ ari we Kristo,+ kugira ngo nzashobore kumubashyingira mumeze nk’isugi iboneye.+