-
“Buzuzwa umwuka wera”‘Hamya iby’ubwami bw’Imana mu buryo bunonosoye’
-
-
16. Abakristo bo mu kinyejana cya mbere bagaragaje bate ko bari abantu bigomwa?
16 Biragaragara ko Yehova yahaga imigisha abari bagize iryo tsinda. Iyo nkuru igira iti “abizeye bose babaga hamwe bagasangira ibyabo byose, kandi bagurishaga ibyo bari batunze n’amasambu yabo, ibivuyemo bakabigabagabana bose, bakurikije icyo buri muntu yabaga akeneye” (Ibyak 2:44, 45).f Nta gushidikanya ko Abakristo b’ukuri bose bifuza kwigana urwo rukundo rurangwa no kwigomwa.
-
-
“Buzuzwa umwuka wera”‘Hamya iby’ubwami bw’Imana mu buryo bunonosoye’
-
-
f Kubera ko abo bashyitsi bagumye i Yerusalemu kugira ngo bige byinshi ku birebana n’uko kwizera gushya, hashyizweho iyo gahunda y’igihe gito yo kubaha ibyo bari bakeneye. Basangiraga ibyabo ku bushake, kandi ntibikwiriye kwitiranywa n’ubukomunisiti.—Ibyak 5:1-4.
-